
Ruhango: Ibimaze kugerwaho biratanga icyizere mu kwesa imihigo ya 2013-2014
Mu isuzumwa ry’imihigo y’umwaka wa 2013-2014 igihembwe cya mbere yasinyiwe imbere ya Perezida wa Repubulika tariki ya 13/07/2013, byagaragaye ko irimo kugenda neza ikaba itanga icyizere cy’uko More...

Ibiyobyabwenge ntiturabigeza ku mbibi neza ngo tubyambutse imipaka, ariko birimo biragenda bigendesha umugongo – Bishop Bilindabagabo
Umushumba wa diyoseze EAR Gahini akaba n’umwe mu bagize komite y’ijisho ry’umuturanyi igamije kurandura burundu ibiyobyabwenge mu Rwanda, Bishop Alexis Bilindabagabo, avuga ko ibiyobyabwenge More...

Nyanza: Mu mihigo biteguye kuva aho bari bakajya imbere
Akarere ka Nyanza ni kamwe mu turere 30 tugize u Rwanda twakunze kurangwa no kuza mu myanya y’inyuma mu mihigo ariko ubu ubuyobozi bw’ako karere butarangaza ko muri uyu mwaka wa 2012-2013 w’imihigo More...