
Gisagara: Barasabwa kudakomeretsa abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi
Umuyobozi w’akarere ka Gisagara Léandre Karekezi arasaba abatuye aka karere kwirinda ingengabitekerezo zipfobya Jenoside ndetse bakanirinda ibikorwa n’amagambo akomeretsa abarokotse Jenoside yakorewe More...

Bugesera: Ingengo y’imari yazamutseho 13% ugereranyije n’ingengo y’imari y’umwaka ushize
Perezida wa njyanama y’akarere ka Bugesera, Kabera Pierre Claver Ingengo y’imari y’akarere ka Bugesera 2014-2015 ni miliyari 13 n’ibihumbi bisaga 800, ikaba yarazamutseho 13% ugereranyije More...

Mwendo: Bibutse ku nshuro ya 20 jenoside yakorewe Abatutsi
Abaturage b’umurenge wa Mwendo mu karere ka Ruhango, ku wa Gatandatu, tariki ya 21/06/2014 bifatanyije mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 20 jenoside yakorewe Abatutsi muri uyu murenge maze bashimangira ko More...

Nyamasheke: Intore zirasabwa gutandukana n’abandi
Urubyiruko rwo mu murenge wa Kagano rusaga 150 rwashoje urugerero kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Kamena 2014, rwasabwe kuba umusemburo w’ubudasubira inyuma mu ntambwe u Rwanda rumaze gutera nyuma y’imyaka More...

Gatsibo: Hatangijwe itorero ry’igihugu bibutswa indangagaciro ziranga intore ku murimo
Minisitiri Busingye ari kumwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo Abakozi b’Akarere ka Gatsibo bibukijwe indangagaciro zikwiye kuranga intore ku murimo, kuko ngo mu gihe izo ndangagaciro zikurikijwe More...

Ruhango: Biyemeje ubufatanye hagati y’inzego zose kugirango hatangwe serivise nziza
Abayobozi mu nzego zitandukanye baremeza ko bagiye gufatanya kugirango batanjye service nziza Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango buravuga ko bugiye gushyira imbaraga mu gufatanya n’inzego zose mu rwego More...

U Rwanda rutanga ubunyarwanda, amoko agatanga ibikomere
Ubwo yaganiriraga abanyehuye kuri gahunda ya Ndi Umunyarwanda, Hon. Edouard Bamporiki yababwiye ko u Rwanda rutanga ubunyarwanda naho amoko agatanga ibikomere. Hari ku itariki ya 26/2/2014, muri Ndi Umunyarwanda More...

Gatsibo: Abafatanyabikorwa b’Akarere barasabwa kurushaho gukorana n’amakoperative
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gatsibo n’abanyamakoperative mu mahugurwa Abafatanyabikjorwa b’Akarere ka Gatsibo mu iterambere ryako barashishikarizwa kurushaho gukorana n’abibumbiye More...

Serivisi nziza itangwa vuba, neza kandi mu mucyo- Rurangwa Jean Paul
Madamu Akimanizanye Adeline, yatunze agatoki ibigo by’ubuzima aho bikemangwa mu gutanga serivisi Umukozi ushinzwe imiyoborere myiza mu Karere ka Gakenke yibukije abantu bakorera ibigo bitandukanye bitanga More...

RDB irakangurira Leta n’abikorera kuganira ku nzitizi zituma ibikorwa byabo by’iterambere bitihuta
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB) cyateguye gahunda nshya y’ibiganiro hagati ya Leta n’abikorera (Public Private Dialogue) mu rwego rwo kurebera hamwe imbogamizi zituma abikorera badatera More...