
Musanze:  50 bitandukanyije na FDLR bibukijwe ko Umunyarwanda nta gaciro yagira hari abakiri mu mashyamba
Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu ishinzwe gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ku rugamba (RDRC), Jean Sayinzoga, yabwiye abantu 48 bitandukanyije na FDLR ko Umunyarwanda atagira agaciro mu gihe abandi Banyarwanda More...