
Musanze: Ubuyobozi bw’akarere burasabwa kwegera abaturage ngo bikemurire ibibazo aho gutegereza Leta
Senateri  Bajyana Emmanuel arakangurira abayobozi b’Akarere ka Musanze kurushaho kwegera abaturage kugira ngo basobanukirwe ko na bo bafite uruhare bagomba kugira ngo bikemurire ibibazo biba bibugarije More...

Gicumbi – Bibohoye urwango abanyapolitike bo kuri leta ya Habyarimana yababibyemo
Sitade ya Byumba yari yuzuye abaturage baje kwizihiza ibirori Ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 20 u Rwanda rumaze rwibohoye abanyagicumbi bavuga ko bibohoye u rwango bari barabibwemo na leta y’uwahoze More...

Ruhango: Iyo umunsi wo kwibohora ugeze ashimishwa n’uko abaturage barata ibigwi by’ingabo zabohoye igihugu
Twagiramungu Jean Damascene ashimishwa n’ukuntu abaturage bashima ibigwi by’ingabo zabohoye igihugu Twagiramungu Jean Damascene utuye mu karere ka Ruhango ubana n’ ubumuga bwo gucika amaguru More...

Nyamasheke: Mukarutesi mu myaka ye y’ izabukuru avuga ko u Rwanda rwateye imbere
Mukarutesi Jyonovefa  ni umukecuru utuye mu mudugudu wa kirambo mu kagari ka kigoya mu murenge wa KANJONGO , avuga ko atazi imyaka ye ariko ko yakuze yumva bavuga ko barusha amahanga umwami wabo Musinga, akaba More...

Rwanda and its struggle to attain economic self-reliance
The Rwanda economy is performing well on the regional, continental and global scale with a steady growth and the country is one of the few African countries that have taken a direction of becoming self-reliant. In More...

Gatsibo: Indangangaciro yo kwigira yatumye biyubakira umuhanda
Mu muganda usoza ukwezi wo ku itariki 25 Gicurasi 2013, abaturage b’Akarere ka gatsibo mu Mirenge ya Kiziguro, Muhura, Murambi na Remera, biyubakiye umuhanda uhuza iyo mirenge yose uko ari ine. Mu butumwa More...

Ntabwo twemerewe kwibagirwa Jenoside n’abashishikajwe no kuyipfobya ntibazabibasha-Ntidendereza
Umuyobozi mukuru wungirije w’Itorero ry’igihugu arakurira inzira ku murima abashishikariye gupfobya Jenoside kuko batazabigeraho ahubwo agahamagarira Abanyarwanda n’isi yose kwibuka no kuzirikana More...

Kwigira bizagerwa ho kuko Jenoside yahagaritswe n’abanyarwanda-Minisitiri Biruta
Minisitiri w’uburezi atangaza ko intego u Rwanda rwihaye yo kwigira izagerwaho byanze bikunze kuko na Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994 yahagaritswe n’abanyarwanda amahanga yabatereranye. Tariki More...

Gatsibo: Imihango yo gutangiza icyunamo yitabiriwe n’ingeri zose
Kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe abatutsi Imihango yo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, mu Karere ka Gatsibo yatangijwe n’urugendo ruturuka mu Murenge wa Kiramuruzi rwerekeza More...

Muhanga: Minisitiri Murekezi arabasaba gufashanya nk’inzira yo kwigira
Ubwo hatangizwaga icyumweru cyo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi muri mata 1994, mu karere ka Muhanga ho mu ntara y’Amajyepfo, Minisitiri Anastase Murekezi, yasabye abatuye aka karere ko bajya bafashanya More...