
Rutsiro : Mu kwezi kwa kabiri ibyaha byaragabanutse
Umuyobozi wa polisi mu karere ka Rutsiro, Superintendent Gerard Habiyambere, yagaragaje ishusho y’umutekano uko uhagaze mu karere ka Rutsiro muri uku kwezi kwa kabiri, muri rusange ibyaha ngo bikaba byaragabanutse More...

Rwanda | Tare: Abaturage barasaba gusobanurirwa uko amafaranga batanga akoreshwa.
 300px-NyamagabeDist Abaturage bo mu kagari ka gatove ko mu murenge Tare mu karere ka Nyamagabe barasaba gusobanurirwa uburyo amafaranga batanga yo kubaka ibiro by’akagari akoreshwa. Ibi aba baturage More...

Kayonza: Abagize komite z’urubyiruko barasabwa gutanga raporo z’ibyo bakora
 Umuhuzabikorwa w’inama nkuru y’igihugu y’urubyiruko, CNJR mu karere ka Kayonza, Uwizeyimana Placide arasaba abagize komite z’urubyiruko ku rwego rw’imirenge kujya bihutira More...