
Ruhango: Iyo umunsi wo kwibohora ugeze ashimishwa n’uko abaturage barata ibigwi by’ingabo zabohoye igihugu
Twagiramungu Jean Damascene ashimishwa n’ukuntu abaturage bashima ibigwi by’ingabo zabohoye igihugu Twagiramungu Jean Damascene utuye mu karere ka Ruhango ubana n’ ubumuga bwo gucika amaguru More...

Ruhango: Hibutswe abakozi 14 bakoraga mu ma komine ariko umubare wabo ukomeje kwiyongera
Bamwe mu bakozi bakozi bamaze kumenyekana bahoze bakorera amakomine mbere y’uko bicwa muri jenoside Mu muhango wo kwibuka abahoze ari abakozi b’amakomine ubu yahindutse akarere ka Ruhango bishwe muri More...

Ruhango: Ingengo y’imari ya 2014-2015 yagenewe akayabo ka Miliriyari 11 z’amafaranga y’u Rwanda
Njyanama na Nyobozi bemeza ingengo y’imari ya 2014-2015 Miliyari 11 nizo akarere ka Ruhango kazakoresha mu ngengo yako y’uyu mwaka wa 2014-2015, ubwo iyi ngengo y’imari yamurikirwaga abaturage More...

Komine ya Gashikanwa irifuza ko yagirana umubano wihariye n’akarere ka Ruhango
Ndayiragije Jeanne Francoise umuyobozi wa komine Gashikanwa agaragaza ko bifuza kugirana umubano wihariye n’akarere ka Ruhango Komine ya Gashikanwa yo mu ntara ya Ngozi mu gihugu cy’Uburundi, irifuza More...

Ruhango: Hashojwe icyunamo hibukwa abajugunywe mu mugezi wa Kiryango ari bazima
Imiryango ifite ababo bajugunywe muri uyu mugezi bahashyira indabo Ubwo hasozwaga icyunamo tariki ya 13/04/2014, mu karere ka Ruhango cyashorejwe ku mugezi wa Kiryango, mu kagari ka Kubutare mu murenge wa Mwendo, More...

Ruhango: Bibukijwe amateka yaranze jenoside basabwa kwirinda icyazongera gusiga isura mbi igihugu
Umushakashatsi ku mateka ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 Tom Ndahiro, yasabye abanyaruhango kwitandukanya n’ibibi byaranze jenoside, ahubwo bakongera kwiyubakamo ubumuntu n’ubunyarwanda bakubaka More...

Ruhango: biteguye gukomeza kwiyubaka banubaka igihugu
 Bamwe mu barokotse jenoside bahamya ko bamaze kwiyubaka nyuma y’imyaka 20 Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi bo mu karere ka Ruhango, barishimira aho bageze biyubaka nyuma y’imyaka 20 jenoside More...

Ruhango: Biyemeje ubufatanye hagati y’inzego zose kugirango hatangwe serivise nziza
Abayobozi mu nzego zitandukanye baremeza ko bagiye gufatanya kugirango batanjye service nziza Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango buravuga ko bugiye gushyira imbaraga mu gufatanya n’inzego zose mu rwego More...

Ruhango: Iyo dusuwe n’abayobozi tubona ari ibitangaza, iterambere ryacu rikiyongera- Abaturage
Umuyobozi w’intara y’Amajyepfo Munyantwari Alphonse asura urugo rw’umuturage bitunguranye Abaturage batuye akarere ka Ruhango, kuri bo ngo ntibisanzwe kubona umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru More...

Ruhango: Ibimaze kugerwaho biratanga icyizere mu kwesa imihigo ya 2013-2014
Mu isuzumwa ry’imihigo y’umwaka wa 2013-2014 igihembwe cya mbere yasinyiwe imbere ya Perezida wa Repubulika tariki ya 13/07/2013, byagaragaye ko irimo kugenda neza ikaba itanga icyizere cy’uko More...