Subscribe by rss
    Sunday 17 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Tag archive for ‘Rwanda security keeping’
    By gahiji On Friday, July 4th, 2014
    0 Comments

    Karongi : Urubyiruko rurasabwa kurangwa n’indangagaciro z’umuco Nyarwanda no kwiyubaha

    Muri iki gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora usanzwe uba ku wa 4 Nyakanga, Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi buributsa urubyiruko ko ntawakubaka igihugu adafite ubuzima bwiza bityo More...

    By gahiji On Friday, July 4th, 2014
    0 Comments

    URUBYIRUKO RUFITE INSHINGANO YO KURINDA IBYAGEZWEHO

    Urubyiruko rwari mu nteko rusange Nyagatare. Gufasha urubyiruko kwihangira imirimo hagamijwe ko rwiteza imbere niyo ntego akarere ka Nyagatare gafite. Gusa ariko narwo ngo rwiteguye gukomeza kubumbatira umutekano More...

    By gahiji On Thursday, July 3rd, 2014
    0 Comments

    Urubyiruko rurasabwa kubungabunga ibimaze kugerwaho mu myaka 20 ishize

    Umuyobozi w’ingabo mu turere twa Karongi na Rutsiro, Lieutenant Colonel John Karega,  arashishikariza urubyiruko kubumbatira umutekano w’iterambere igihugu kimaze kugeraho kugira ngo hatagira uzongera More...

    By gahiji On Thursday, July 3rd, 2014
    0 Comments

    Rutsiro : Inteko rusange y’urubyiruko yarebeye hamwe ibyagezweho n’ibiteganyijwe

    Urubyiruko ruhagarariye urundi Inteko rusange y’Inama y’Igihugu y’urubyiruko mu karere ka Rutsiro yateranye tariki 30/06/2014, abayitabiriye barebera hamwe ibyagezweho muri uyu mwaka ushize More...

    By gahiji On Thursday, July 3rd, 2014
    0 Comments

    Huye: Hari byinshi urubyiruko rwishimira u Rwanda rwagezeho mu myaka 20 yo kwibohora

    Abitabiriye inteko y’urubyiruko Mu byo urubyiruko rwo mu murenge wa Tumba ho mu Karere ka Huye rwishimira byagezweho mu myaka 20 yo kwibohora, harimo umutekano, kutavangura Abanyarwanda, n’ibindi bikorwa More...

    By gahiji On Friday, June 13th, 2014
    0 Comments

    Nyagatare: Ibiyobyabwenge bya miliyoni zisaga 4 nibyo byangijwe

    Kuri uyu wa 11 Kamena, 2014 mu mudugudu wa Barija A akagali ka Barija umurenge wa Nyagatare hamenwe ibiyobyabwenge birimo inzoka ya Kanyanga n’izindi z’inkorano nka Muriture, izo mu mashashi ndetse More...

    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED