
Kagame | Perezida Kagame yemereye intara y’uburasirazuba kubona amahotel
N’ubwo intara y’iburasirazuba ikize ku biyaga byinshi ndetse hakiyongeraho no kugira pariki y’akagera niyo ntara ibarizwamo inyubako nke zo kwakira abantu zirimo amahoteli ndetse ikagira n’amazi More...

Ingengo y’imari mu turere tw’intara y’Amajyepfo rizita ku mishinga iteza imbere abaturage
Mu gikorwa cyo kumurika ingengo y’imari y’uturere dutatu two mu ntara y’amajyepfo,  y’umwaka wa 2011-2012, uzatangira mu kwezi kwa Karindwi, hagaragajwe ko iyi ngengo y’imari More...

Igenamigambi ry’uturere rigomba kujya ryibanda ku bikorwa bifatika
Igenamigambi ry’umwaka wa 2012-2013 ngo rigomba kwibanda ku bikorwa bifatika kandi bizamura umuturange n’igihugu muri rusange. Jabo Jean Paul umunyabanga nshingwabikorwa w’intara y’uburengerazuba Ibi More...

Rwanda | « Hari abatanga serivisi mbi batabizi », Guverineri Munyantwari
Hashize igihe mu Rwanda igikorwa cyo gutanga serivisi inoze gihagurukiwe. N’ubwo abenshi biyemeje kubigeraho, inzira iracyari ndende kubera ko hari n’abatanga serivisi itari nziza batabizi. Ibi Guverineri More...