
Abanyamabanga b’uturere n’Intara y’Amajyepfo bongeye gushyigikira AgDF
Abanyamabanga bakorera ku turere n’Intara y’Amajyepfo tariki 06/02/2013 bongeye gushyira andi mafaranga mu kigega Agaciro Development Fund ubwo basozaga amahugurwa bakoreye mu karere ka Nyanza More...

Rwanda | Intara y’Amajyepfo irishimira uko gahunda ya Bye bye Nyakatsi yagenze
Augustin Kampayana, umuyobozi ushinzwe imiturire y’icyaro arishimira ko intara y’amajyepfo itigeze ihishira inzu za nyakatsi zari ziyirimo ubwo igihugu cyose cyahagurukiraga kuzirwanya muri gahunda More...

PSC irishimira intambwe imaze guterwa n’Intara y’Amajyepfo mu itangwa ry’akazi.
Komisiyo y’abakozi ba Leta (Public Service commission) PSC mu magambo ahinnye y’icyongereza irishimira intambwe imaze guterwa n’Intara y’Amajyepfo n’Uturere tuyigize mu gikorwa More...

Gahunda ya IDP yateje imbere abatuye mu Ntara y’amajyepfo
Abayobozi bafite aho bahuriye n’ubukungu mu turere tugize Intara y’Amajyepfo basanga Gahuda ya IDP( Integrated Development Programme) imaze guteza imbere ku buryo bufatika abatuye muri iyi ntara nk’uko More...

Kubera umusaruro Inkeragutabara zitanga ubu zigiye guhabwa amahirwe yo kwiga kaminuza
Nyuma yo gutezwa imbere mu bundi buryo burimo kwigishwa imyuga, kubakirwa amazu, kwigishwa kwihangira imirimo n’ibindi, ubu ikigezweho n’ugukangurira Inkeragutabara zarangije amashuri yisumbiye kujya More...

Kwibuka ku nshuro ya 18: Intara y’Amajyepfo yabaye iya mbere mu bibi no mu byiza
Kuba Intara y’Amajyepfo iza ku isonga y’izindi mu bibi no byiza byagaragajwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyepfo, madamu Izabiriza Jeanne, mu ijambo yavuze mu More...

Huye: Abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari bagiye mu itorero
Abanyamabanga nshingwabikorwa b’Utugari two mu Karere ka Huye, Gisagara, Nyamagabe na Nyaruguru, tariki ya 11 Gicurasi,2012 mu masaa sita, bahagurutse imbere y’inzu mberabyombi y’Akarere ka More...

Mu ntara y’Amajyepfo abayobozi b’utugali twose bagiye kujyanwa mu itorero
Abayobozi b’utugali two mu Ntara y’amajyepfo baraye ku ibaba bitegura kujyanwa mu ngando y’itorero  izabera mu kigo cy’ingando cya Nkumba mu gihe cy’ibyumweru bibiri uhereye More...

Intara y’Amajyepfo iri ku isonga mu gikorwa cy’ibarura ry’amasambu
Kwandikisha ubutaka bubihesha agaciro Uhereye I Buryo ni Umuyobozi ushinzwe ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’ubutaka, Sagashya Didier Umuyobozi ushinzwe ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’ubutaka More...

Rwanda | Ruhango: abazahugura intore n’abajyanama b’ubuzima barishimira ubumenyi bongerewe
Nduwimana Pacifique ahugura abazahugura abandi Mu mahugurwa yahuje abazahugura intore n’abajyanama b’ubuzima baturutse mu turere 4 aritwo Kamonyi, Muhanga, Ruhango na Nyanza, bishimiye ubumenyi More...