
Kabaya: Bageze ku rugero rwa 83,4 % besa imihigo ya 2013/2014
Iyo uhamagaye abatuye umurenge wa Kabaya mu izina ry’ubutore ryâ€Indongozi barasubiza bati: “gukora ni kareâ€. Ibi bongeye no kubigaragaza muri uyu mwaka, aho baza ku isonga mu kwesa imihigo More...

Nyamasheke: Ubushake, ubufatanye n’amateka y’aka karere ngo bizabatera kwesa imihigo ya 2013-2014
Mu gikorwa cyo guhiga imihigo y’akarere ka Nyamasheke ya 2013-2014 cyabaye kuri uyu wa 11/06/2013, ngo ubushake bw’abayobozi, ubufastanye bw’inzego zose ndetse n’amateka y’aka More...

Gatsibo: Barasabwa gukorera hamwe nk’ikipe
Umuyobozi w’Intara y’iburasirazuba Madame Uwamariya Odette arasaba abakozi b’inzego zinyuranye bakorera mu karere ka Gatsibo kurushaho gukora cyane no gukorera hamwe nk’ikipe kugira ngo More...