
Gatsibo: Hamenwe ibiyobyabyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 3
Abaturage bafatanyije na Polisi kumena ibi biyobyabwenjye Abaturage b’Akarere ka Gatsibo barasabwa kutishora mu biyobyabwenge kuko icyo gikorwa ari icyaha gihanirwa n’amategeko. Ibi ni ibyatangajwe More...

Burera: Hangijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 32 z’amafaranga y’u Rwanda
Abaturage bo mu karere ka Burera bafatanyije n’ubuyobozi bw’ako karere ndetse n’inzego zishinzwe kubungabunga umutekano, ku wa gatau tariki ya 19/09/2014, bamennye ibiyobyabwenge birimo kanyanga, More...

Nyamasheke: Abayobozi bagiye gukora akazi urugo ku rundi
Mu nama yahuje abayobozi b’imirenge n’ubuyobozi bw’akarere , tariki ya 17 Nzeri 2014, umuyobozi w’akarere yavuze ko nyuma yo gusinyana imihigo n’umukuru w’igihugu, More...

Gakenke: Bagiye gushyira mubikorwa ibyo basabwa nk’abaturage ubutaha bazigire imbere mu mihigo
Bamwe mubatuye akarere ka Gakenke bavuga ko n’ubwo akarere kabo kaje ku mwanya wa cumi na gatanu ku rwego rw’igihugu mu mihigo bakabyakira, ngo ntibashaka kuzongera kuza inyuma y’umwanya wa More...

Rulindo: hafashwe ingamba mu kubungabunga umutekano.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 21/4/2014, mu murenge wa Shyorongi ho mu karere ka Rulindo hateraniye inama yaguye y’akarere, inama yari igamije kunoza ingamba zidasanzwe mu kubungabunga umutekano w’aka More...

Rutsiro : Inama y’umutekano yiyemeje kurushaho kuwubungabunga no kwihutisha ibikorwa by’iterambere
Inama y’umutekano yaguye yo ku rwego rw’akarere ka Rutsiro yateranye tariki 11/02/2014, abayitabiriye barebera hamwe uko umutekano uhagaze n’uko bawubungabunga kurushaho, baganira no ku zindi More...

Burera: Abaturage barakomeza gushishikarizwa kurara irondo
Ubuyobozi bw’akarere ka Burera burakomeza gukangurira abaturage bo muri ako karere kwitabira kurara amarondo kugira ngo bakomeze gufatanya n’inzego zishinzwe umutekano kuwubungabunga. Mu nama y’umuteka More...

Gatare: Abaturage bibukijwe uruhare rwabo mu gucunga umutekano.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 12/02/2014, ubuyobozi bw’akarere ka Nyamagabe buherekejwe n’ubw’ingabo ndetse n’abinjira n’abasohoka bwasuye abaturage b’umurenge More...

Ruhango: Haracyari byinshi byo gukora kugirango imihigo igende neza
Aha haramurikwa uko akarere ka Ruhango kari kwesa imihigoi ya 2013/2014 Ibi ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango bwabisabwe mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo itsinda ry’intara y’Amajyepfo More...

Nyamasheke District commended over Crime reduction
In these past 2 months of the year 2013, crimes have significantly reduced in Nyamasheke district compared to last year 2012. This was said during the general security meeting for Nyamasheke District on Wednesday More...