
Rwanda | Kamonyi: Abafatanyabikorwa n’abaturage ni bo bafashije ubuyobozi kwesa imihigo
Kuba ibikorwa byinshi byagezweho mu guhigura imihigo y’umwaka wa 2011/2012, byatewe n’uruhare abaturage bagiye bagaragaza mu kwitabira gahunda za leta. Abafatanyabikorwa na bo bakaba barakurikiranywe More...