
Muhanga: Barashimirwa uko besa imihigo, bagasabwa no kwikubita agashyi aho bitagenda
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’amajyepfo Izabiriza Jeanne arashimira akarere ka Muhanga aho kageze kesa imihigo y’igihembwe cya mbere umwaka w’ingengo y’Imali 2014/2015. Cyakora More...

Muhanga : Abakoze neza barashimirwa abandi bagasabwa kwikubita agashyi
Kuwa Kabiri taliki ya 15 Ugushyingo,2014 nibwo Hizihijwe umunsi w’umuhizi mu karere ka Muhanga, aho abayobozi bitwaye neza kurusha abandi bashyikirijwe ibihembo kandi banahabwa impanuro zo gukomeza kongera More...

Karago: Kuba karago yarabaye iya 3 mu mihigo y’akarere babikesha ubufatanye
Abaturage bahise bamurikirwa igihembo bahawe,basabwa kurushaho gufatikanya n’ubuyobozi bakazaba aba mbere mu mihigo ya 2014-2015 Kuba umurenge wa Karago waragize umwanya wa gatatu mu kwesa imihigo mu More...

Nyaruguru: Umurenge wa Nyabimata wavuye ku mwanya wa nyuma uba uwa 6
Mu mihigoy’umwaka wa 2013-2014 umurenge wa Nyabimata wabaye uwa 6, uvuye ku mwanya wa nyuma mu mihigo y’umwaka wari wabanje. Ubuyobozi bw’umurenge wa Nyabimata burashimira abatuye uyu murenge More...

Gisagara: Gukorera ku muhigo byabateje intambwe mu iterambere
Abatuye akarere ka Gisagara baratangaza ko gukorera ku mihigo byabagejeje ku iterambere, kandi ngo nubwo bataragera aho bifuza kugera, bafite icyizere ko bizashoboka babifashijwemo cyane na gahunda y’imihigo. Umwaka More...

Nyanza: Abaturage basanga byinshi biba byahizwe mu mihigo bigerwaho
Izi ni inyanya zo mu karere ka Nyanza zihinzwe mu kizu bita Green House cyongereye umusaruro mu buhinzi bwazo. Abaturage batandukanye bo mu karere ka Nyanza baratangaza ko imihigo yiyemezwa n’abayobozi imyinshi More...

Akarere ka Gatsibo karengeje igipimo kari kihaye mu mihigo y’uyu mwaka – Ruboneza
Ruboneza Ambroise Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Mu gihe Akarere ka Gatsibo kari kiyemeje kwesa imihigo kagirana na Perezida wa Repubulika ku gipimo kiri ku 100%, ubuyobozi bw’aka Karere butangaza More...

Ngororero: Mujye Murangwa no kugira ishyari ryiza mukwesa imihigo (Mayor Ruboneza)
Umuyobozi w’akarere ka Ngororero Ruboneza Gedeon arasaba abakozi b’akarere bose kurangwa no kwifuza gushyikira ababahize mu kwesa imihigo (ibyo bita kugira ishyari ryiza), mu rwego rwo kwihutisha ibikorwa More...

RWANDA | GISAGARA: BARASABWA KUNOZA IMIKORERE KUGIRANGO IMIHIGO IGENDE NEZA
Nyuma y’uko abakozi b’akarere ka Gisagara bagaragarije ibimaze kugerwaho muri aya mezi atandatu ashize hatangiwe umuhigo w’umwaka 2012-2013, ubuyobozi bw’intara y’amajyepfo bwongeye More...

Rwanda | GISAGARA: UBWIYUNGE HAGATI Y’ABAROKOTSE JENOSIDE N’ABAYIKOZE BURI KUGERWAHO
Binyuriye mu nyigisho, ibiganiro n’ibikorwa bitandukanye by’impuzamiryango PROFAM Twese hamwe, abaturage bo mu murenge wa Muganza ho mu karere ka Gisagara baratangaza ko bamaze kugera ku ntambwe More...