
Kamubuga: Bishimira uburyo gahunda y’ubudehe yabagejeje kuri byinshi
Bamwe mubaturage batuye mu karere ka Gakenke by’umwihariko abatuye mu murenge wa Kamubuga barishimira uburyo bamaze kwiteza imbere babikesha gahunda y’ubudehe kuko mbere yuko iyi gahunda itangira wabonaga More...

Rulindo: ubudehe bwazamuye benshi.
Gahunda y’ubudehe ni imwe muri gahunda zigamije gukura abaturage mu bukene zakozwe mu karere ka Rulindo, zikaba zaragaraje impinduka nziza mu baturage. Ibi ni ibyatangajwe n’umuyobozi wungirije ushinzwe More...

Rwanda | Huye : Muri Mukura ntibishimiye ibyiciro by’ubudehe bashyizwemo
Abaturage bo mu Murenge wa Mukura ho mu Karere ka Huye bamaze gutanga amafaranga y’ubwishingizi bwo kwivuza bwa Mituweri baracyari bakeya. Bavuga ko impamvu yo kudatanga aya mafaranga ari uko batishimiye More...

Rwanda | Gakenke: Ubudehe bwakuye abaturage bo mu mudugudu wa Karambi mu bukene
Gahunda y’ubudehe yateje imbere abaturage batuye umudugudu wa Karambi, akagari ka Kageyo mu murenge wa Rushashi aho yabafashije kwigurira urusyo, kurihirira abana batandatu bakarangiza, koroza abaturage ihene More...

Ngororero: Benshi barifuza gushyirwa mu cyiciro cy’abatindi batabarizwagamo
Nyuma y’uko leta y’u Rwanda ishyiriyeho gahunda yo gukosora amakuru y’ubudehe hakurikijwe ibyiciro abantu bagiye barimo ndetse hakanatangwa amahugurwa kubazagira uruhare muri iki gikorwa, More...

Kayonza: Abakuru b’imidugudu barasabwa gushyira abaturage mu byiciro uko bikwiye
Abayobozi b’imidugudu igize akarere ka Kayonza barasabwa gushyira abaturage mu byiciro uko bikwiye kugira ngo hagaragare ishusho nyayo y’uko abaturage bazafashwa muri gahunda y’ubudehe. Mu More...

Rwanda | Nyamasheke: Ibyiciro by’ubudehe ntibishingirwaho mu gutanga imfashanyo gusa
Kuri uyu wa mbere tariki ya 14/05/2012, abanyamabanga nshingwabikorwa n’abashinzwe imibereho myiza ku mirenge igize akarere ka nyamasheke bahawe amahugurwa y’umunsi umwe agamije kubaha ubumenyi bazifashisha More...

Ngororero: Igenamigambi ryiza ni irishingiye ku mibare
tariki ya 11 Gicurasi 2012, mu karere ka Ngororero habaye amahugurwa y’abazahugura abandi mu tugari n’imidugudu kw’ikosora rya nyuma ry’amakuru y’ubudehe. Iri kosora rikaba rigamije More...