
Nyamasheke: Intore zirasabwa gutandukana n’abandi
Urubyiruko rwo mu murenge wa Kagano rusaga 150 rwashoje urugerero kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Kamena 2014, rwasabwe kuba umusemburo w’ubudasubira inyuma mu ntambwe u Rwanda rumaze gutera nyuma y’imyaka More...

Gatsibo: Hatangijwe itorero ry’igihugu bibutswa indangagaciro ziranga intore ku murimo
Minisitiri Busingye ari kumwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo Abakozi b’Akarere ka Gatsibo bibukijwe indangagaciro zikwiye kuranga intore ku murimo, kuko ngo mu gihe izo ndangagaciro zikurikijwe More...

Busogo – Basanga kuba umunyarwanda atari ugutunga indangamuntu gusa
Bamwe mu batuye umurenge wa Busogo mu karere ka Musanze, baravuga ko kuba umunyarwanda birenze kuba ufite indangamuntu y’u Rwanda, ahubwo akaba ari umuntu wimakaza indangagaciro z’ubunyarwanda. Ibi More...

Ngoma: Itorero ku rugerero ryatangijwe mu tugali twose tugize akarere
Mu gihe ibikorwa by’intore ziri kurugerero byatangijwe mu tugari twose tugize akarere ka Ngoma, Bosco Rutagengwa umukozi mu karere ka Ngoma ushinzwe urubyiruko, umuco na sport asaba intore zose kwitabira More...

Rulindo: hatangijwe itorero ku mugaragaro mu rubyiruko rurangije amashuri yisumbuye.
Minisitire muri prezidance Tugireyeze Venancie kuri uyu wa kabiri tariki ya 3/12/2013 nibwo yatangije ku mugaragaro itorero ry’urubyiruko rurangje amashuri yisumbuye mu karere ka Rulindo rwahuriye kuri More...

Kuba uzi imibare na Chimie ntabwo bituma uba Umunyarwanda nyawe, kuko n’abakoze Jenoside harimo abadogiteri – Mayor Byukusenge
Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Byukusenge Gaspard yabwiye abarangije ayisumbuye bari mu itorero ko itorero ari umwanya mwiza wo kugira ngo ubumenyi bakuye mu mashuri babwongereho Ubunyarwanda bityo babe More...

Ngororero: Intore ziyemeje kurangwa n’ubutore n’indangagaciro nyarwanda
Intore 979 zirimo abakobwa 439 n’abahungu 541 barangije amashuri yisumbuye zatangiye gahunda z’Itorero. Urwo Rwanda rw’ejo rwiyise INTARUSHWA MU MIHIGO, INTAVOGERWA, INTIGANDA n’andi More...

Jenoside yashobotse kuko abanyarwanda batatiye indangagaciro z’umuco nyarwanda – PS MINISPOC.
Umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’umuco na siporo, Kalisa Edouard arasaba abanyarwanda gutekereza ku mateka y’u Rwanda ndetse no kongera kubaka umuco nyarwanda ushingiye ku ndangagaciro, ngo More...