
Tugeze mu gihe umuntu utazi gusoma no kwandika arimo asigara mu iterambere – Rwamukwaya
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Rwamukwaya Olivier, yasuye ibikorwa by’uburezi bitandukanye N’ubwo mu gihugu hariho gahunda y’uburezi kuri bose, hari abakuze bahuye n’ingorane More...

Ushaka kwiga amahoro n’iterambere asura umupaka muto wa Rubavu-Gen Nzabamwita
Bimwe mu byuma bikoreshwa n’ikoranabuhanga mukohereza abantu mu kwambuka Bamwe mubitabiriye inama y’iminsi itatau Nyakinama ubwo barimo basura umupaka muto Rubavu Umuvugizi w’ingabo z’u More...

Gatsibo: Akarere ka Gatsibo kasangijwe ku bikorwa by’iterambere
Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Ruboneza Ambroise Itsinda ryaturutse mu karere ka Gatsibo riyobowe na komite y’inama njyanama y’aka karere, kuri uyu wa kabiri tariki 9 Nzeli 2014, ryakoreye urugendo More...

Rutsiro: Guverineri Mukandasira arasaba abayobozi gukurikiranira hafi akagari ka Ruronde
Umuyobozi w’intara y’Uburengerazuba, Mukandasira Caritas, arasaba ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro n’ubw’umurenge wa Rusebeya gukurikiranira hafi akagari ka Ruronde no gukemura More...

Ngororero: Abasirikare bari mu masomo mu ishuri rya gisirikare rya Nyakinama bashimye imikorere y’akarere
Mayor Ruboneza yakira amashimwe Nyuma y’urugendo shuli bakoreye mu karere ka Ngororero kuri uyu wa 22 Mutarama 2014, abasirikare bakuru 18 bari mu masomo mu ishuri rya gisisrikare rya Nyakinama bashimye imikorere More...

Abasirikare biga mu Ishuri rya Nyakinama basuye Akarere ka Gakenke buhungukira byinshi www.newsofrwanda.com
Aba banyeshuri bashimangiye ko bungutse byinshi. Abasirikare bo mu rwego rwo hejuru (aba-ofisiye) bakoreye urugendo-shuri mu Karere ka Gakenke kuri uyu wa Gatatu tariki 22/01/2014 aho baje kwiga More...

Ruhango: Iyo dusuwe n’abayobozi tubona ari ibitangaza, iterambere ryacu rikiyongera- Abaturage
Umuyobozi w’intara y’Amajyepfo Munyantwari Alphonse asura urugo rw’umuturage bitunguranye Abaturage batuye akarere ka Ruhango, kuri bo ngo ntibisanzwe kubona umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru More...

Senateri Tito Rutaremara arashima uburyo abanyamusanze bateguye amatora y’abadepite
Ubwo komisiyo ya politiki n’imiyoborere myiza mu nteko ishinga amategeko umutwe wa sena yasuraga abayobozi n’abaturage mu nzego zitandukanye bo mu karere ka Musanze ngo baganire ku migendekere y’amatora, More...

Jenoside yashobotse kuko abanyarwanda batatiye indangagaciro z’umuco nyarwanda – PS MINISPOC.
Umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’umuco na siporo, Kalisa Edouard arasaba abanyarwanda gutekereza ku mateka y’u Rwanda ndetse no kongera kubaka umuco nyarwanda ushingiye ku ndangagaciro, ngo More...

GISAGARA: Nyuma yo kongererwa igihe Intore ziri ku rugerero ziyemeje kongera ibikorwa
Intore zo mu mirenge ya Mukindo na Mugombwa ho mu karere ka Gisagara ziri ku rugerero ubwo zasurwaga n’itsinda rishinzwe kuzikurikirana mu karere, ziyemeje ko zigiye kongera ibikorwa kuko zongerewe igihe More...