
Abanyeshuri barashinjwa gutuma amatora atagenda neza
Ibi byagaragajwe n’abagize komite za njyanama zo mu tugari two mu Karere ka Huye, bateraniye mu mahugurwa y’iminsi itatu yatangiye kuri uyu wa 5 Nyakanga, akaba ari kubera mu cyumba cy’inama More...

Nyanza: Abavuga rikumvikana barasabwa gukomeza kugirirwa icyizere n’abaturage
Abavuga rikijyana (Opinion Leaders) 100 bo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Nyanza barasabwa gukomeza kugirirwa icyizere n’abo bahagarariye kugira ngo birinde kwangiza izina ryabo. Higiro Solange ushinzwe More...

Rwanda | Gisagar: komisiyo y’amatora yahuguye abayobozi bazahugura abandi
Kuri uyu wakabiri tariki ya 29 Gicurasi, komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora yahuguye abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ku ruhare rw’abayobozi b’ibanze mu kwimakaza n’imiyoborere More...

Ngoma: Abaturage barasaba abahatanira umwanya wo kuzapiganira kuyobora akarere ka Ngoma kutabeshya abaturage
Nyuma y’igihe akarere ka Ngoma kamaze kayoborwa n’umuyobozi w’agateganyo, ubu abahatanira kuvamo uziyamamaza kuri uyu mwanya baramenyekanye ndetse banatangira kwiyamamaza. Kugeza ubu abakandida More...

Nyagatare: Komisiyo y’amatora yibukije abahuzabikorwa b’amatora mu tugari inshingano zabo
Kuri uyu wa 22 Mata 2012, Komisiyo y’amatora yahuguye abahuzabikorwa b’amatora mu tugari twose tugize akarere ka Nyagatare mu rwego rwo kunoza imikorere na bo kugira ngo barusheho kumva inshingano More...

Muhanga: Gutora neza si ugutora ishyaka cyangwa umukandida runaka-Nyirahabimana
Komisiyo y’igihugu y’amatora irasaba abahuzabikorwa b’ibiro by’itora mu karere ka Muhanga gusobanurira bikwiye abaturage uko amatora akorwa kugirango batangire kwitegura gutora neza mu More...

Ruhango: komisiyo y’amatora yatangiye imyiteguro y’amatora y’abadepite
Abakorerabushake bakuriye amasite y’amatora mu karere ka Ruhango batangiye amahugurwa arebana n’itegeko rigenga amatora y’abadepite tariki ya 20/04/2012. Abahagararira amatora bari mu mahugurwa Komisiyo More...

Duhugura abantu kuko tuba tubatezeho gufasha abanyarwanda kugira imyumvire myiza-Uyisabye
Umukozi wa komisiyo y’igihugu y’amatora mu karere ka Kirehe aratangaza ko bamaze guhugura abantu bagera kuri 317 muri aka karere ku ruhare rw’intore mu kwimakaza demokarasi n’imiyoborere More...

Nyamasheke: Abaturage bakwiye gutora abantu b’ingirakamaro
Mbere y’amatora yo kuzuza inzego z’imidugudu zitari zuzuye mu kagari ka Kibogora ko mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Kibogara Mukankusi More...

Ruhango: “tugiye gufasha abanyamuryango ba FPR inkotanyi kugera ku nshingano z’umuryango†Gasirabo
Umuyobozi watorewe kuyobora komite Ngengamyitwarire y’umuryango wa FPR Inkotanyi mu karere ka Ruhango Gasirabo Claver, avuga ko afatanyije n’izindi nzego z’ubuyobozi ngo bagiye gufasha abanyamuryango More...