
Nyamasheke: Isuzuma ry’imihigo ribanziriza irya nyuma ryagaragaje ko akarere gahagaze neza
Akarere ka Nyamasheke karagaragaza ko gafite gahunda ihamye yo kwesa imihigo kagombaga gushyira mu bikorwa muri uyu mwaka w’ingengo y’imari urangira wa 2012-2013. Ibi byagaragajwe kuri uyu wa kabiri, More...

Ngororero: Guverineri Kabahizi arasaba abakozi gutangira serivisi nziza munyubako nziza bubakirwa
Umuyobozi w’intara y’Iburengerazuba bwana Kabahizi Celestin arasaba abakozi b’akarere ka Ngororero kudatahira kwicara no gukorera mu mazu meza ahubwo ko bagomba no gutanga serivisi nziza kuko More...

UBURENGERAZUBA : Inama zitandukanye zizajya zibera mu turere dutandukanye
Icyicaro cy’Intara y’i Burengerazuba kiri mu karere ka Karongi Umwe mu myanzuro y’inama y’umutekano yaguye y’Intara y’i Burengerazuba yo kuwa gatatu tariki (28/11/2012) More...

Rwanda | UBURENGERAZUBA: Gukora Raporo y’Ubugenzuzi bw’Imari ya Leta Si Iby’Umuntu Umwe
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya leta Obadiah Biraro (ibumoso),ati iyo tuje mu Ntara y’iBurengerazuba tuba dufite icyizere kukobasanzwe bafite clean audit report inshuro ebyili.Guverineri Kabahizi Céléstin More...

Rwanda : Guverineri w’intara y’Iburengerazuba yashishikarije abaturage bayo kwicungira umutekano
Umuyobozi w’Intara y’Iburengerazuba yashishikarije abaturage n’inzego z’umutekano kurushaho kwicungira umutekano Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba,Kabahizi Celestin More...

Rwanda : Intara y’uburengerazuba irishimira uburyo imisoro yinjiye umwaka ushize.
Umuyobozi w’intara y’uburengerazuba, Kabahizi Celestin, aratangaza ko bishimira uburyo binjije imisoro n’amahoro mu mwaka w’ingengo y’imari ushize kuko babashije kurenza ayo bari More...

Rwanda : Mu Ntara y’i Burengerazuba haracyakenewe imbaraga nyinshi muri gahunda yo gutuza abantu mu midugudu
Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba Kabahizi Céléstin yasabye abayobozi b’uturere twa Karongi na Ngororero kongera imbaraga mu gushishikariza abaturage kugira uruhare muri gahunda yo More...

Rwanda | Rusizi: Nkombo barasabwa gushyira ingufu mu burezi
Abatuye umurenge wa Nkombo uri rwagati mu mu kiyaga cya Kivu, barasabwa kurushaho kwitabira gahunda za Leta, bagashyigikira uburezi kuko ari inkingi ya mwamba mu iterambere. Ibyo babisabwe n’Umuyobozi w’Intara More...

KARONGI: Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’i Burengerazuba aragaya cyane abakerereza akazi kubera kudahana amakuru ku gihe
Kutubahiriza igihe bigaragaza kudaha agaciro ibyo ushinzwe. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’iBurengerazuba, Jabo Paul Kuri uyu wa 5/06/2012, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’iBurengerazuba More...

Guverineri Kabahizi arasaba abagize inama njyanama gusobanukirwa inshingano zabo
Guverineri w’intara y’Iburengerazuba Kabahizi Celestin arasaba inama njyanama y’akarere ka Rubavu gusobanukirwa neza uruhare rwayo mu iterambere n’imikoranire yayo n’izindi nzego. Ibi More...