
Nkanka: Abayobozi basabwe kurushaho kunoza imikorere
Abayobozi mu murenge wa Nkanka ho mu karere ka Rusizi barasabwa kurushaho kunoza imiyoborere, begera abo bayobora bakanabakemurira ibibazo ku gihe, kuko ari byo bizatuma abaturage bishimira ibyo bakorerwa n’abo More...

Gatsibo: Barasabwa gukorera hamwe nk’ikipe
Umuyobozi w’Intara y’iburasirazuba Madame Uwamariya Odette arasaba abakozi b’inzego zinyuranye bakorera mu karere ka Gatsibo kurushaho gukora cyane no gukorera hamwe nk’ikipe kugira ngo More...

Nyanza: Mu mihigo biteguye kuva aho bari bakajya imbere
Akarere ka Nyanza ni kamwe mu turere 30 tugize u Rwanda twakunze kurangwa no kuza mu myanya y’inyuma mu mihigo ariko ubu ubuyobozi bw’ako karere butarangaza ko muri uyu mwaka wa 2012-2013 w’imihigo More...

Kirehe-Perezida wa njyanama aributsa abajyanama b’akarere ko begera abaturage bakamenya ibibazo bihari.
Njyanama y’akarere ka Kirehe kuri uyu wa 28/03/2012 yateranye iyobowe na perezida wayo Erneste Rwagasana aho yasabye abajyanama b’aka karere kwibuka akazi kabo bakaganira n’abaturage bahagarariye More...