
Ngoma: Bashoje ukwezi kwahariwe urubyiruko baremera abatishoboye bacitse ku icumu
Urubyiruko rwo mu karere ka Ngoma rwashoje ukwezi kwaruhariwe ruremera abatishoboye bacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994 bo mu karere ka Ngoma baboroza inka esheshatu. Honorable depite More...

Kamonyi: Abaturage bibukijwe ko gukora umuganda ari itegeko ku muntu wese ukuze kandi ufite imbaraga
Mu muganda usoza ukwezi kwa Gashyantare 2014, abayobozi bibukije abaturage ko buri wese ufite kuva ku myaka 18 kugeza kuri 65 kandi ufite ubuzima bwiza, afite inshingano zo gukora umuganda, nta gutuma abakozi cyangwa More...

Nyamasheke: Abaturage barasabwa kurushaho kwicungira umutekano
Umuyobozi w’Ingabo z’Igihugu mu karere ka Nyamasheke, Lt Colonel Augustin Muvunyi arakangurira abaturage kurushaho kwicungira umutekano kugira ngo ibyo bakora bigerweho mu mudendezo kandi barangwe More...

UMUGANDA NI UGUSHIMANGIRA KWIHESHA AGACIRO
Nyagatare: Guharanira kwigira, gufata neza no kubungabunga ibikorwa by’amaboko yabo nibyo byasabwe abaturage b’umurenge wa Karama akarere ka Nyagatare kuri uyu wa 25 Gicurasi,2013 hari mu muganda usoza More...

Gatsibo: Indangangaciro yo kwigira yatumye biyubakira umuhanda
Mu muganda usoza ukwezi wo ku itariki 25 Gicurasi 2013, abaturage b’Akarere ka gatsibo mu Mirenge ya Kiziguro, Muhura, Murambi na Remera, biyubakiye umuhanda uhuza iyo mirenge yose uko ari ine. Mu butumwa More...

Nkomane: Abaturage barasabwa kwitegura neza amatora y’abadepite.
Ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu murenge wa Nkomane mu karere ka Nyamagabe mu muganda rusange usoza ukwezi kwa gatanu tariki ya 25/05/2013, umuyobozi wungirije wa Komisiyo y’igihugu y’amatora, More...

Burera: Barasabwa kuzitabira amatora y’abadepite bazi ko bari kwikorera
Abaturage bo mu karere ka Burera barasabwa kwitabira amatora y’abadepite ateganyijwe mu kwezi kwa 09/2013, bakayakora mu mucyo, bihitira mo ababahagararira mu nzego z’ubuyobozi bw’igihugu kuko More...

Gisagara: Muri Nyanza intore zahanze umuhanda wa km 1
Intore zo ku rugerero mu murenge wa Nyanza zikomeje ibikorwa byazo bigamije iterambere ry’akarere, aho ziri guhanga umuhanda ureshya na km1 uhuza kiriziya y’ahitwa Higiro n’uturuka mu karere More...

Burera: Guverineri Bosenibamwe asaba abaturage kwirinda ibihuha byo ku maradio
Guverineri w’intara y’amajyaruguru arasaba abaturage bo mu murenge wa Nemba, mu karere ka Burera, kwirinda ibihuha bivugwa ku maradiyo bisebya u Rwanda kuko byose ari ibinyoma. Mu muganda wabereye More...

Nyakarambi- Barakangurirwa kwitabira umuganda aho kuwuharira abacuruzi
Kuri uyu wa Gatandatu wa nyuma w’ukwezi kwa Gicurasi 2012 mu mudugudu wa Nyakarambi ya mbere mu kagari ka Ruhanga umuganda rusange wakozwe bibanda ku gutunganya umuhanda mu mudugudu aho wari warasibwe n’imvura More...