
Burera: Ntibakeneye umuyobozi uzabasubiza inyuma
Sembagare yemeza ko ubumwe aribwo buzatuma batera imbere Abaturage bo mu karere ka Burera bavuga ko batifuza umuyobozi uzabasubiza inyuma kandi akarere kabo kari mu nzira y’amajyambere. Abanyaburera batangaza More...

Karongi: Imitegurire n’imitangire y’amasoko biri mu bidindiza imihigo
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi buragaragaza nubwo kari ku kigero kitari kibi, imitegurire n’imitangire y’amasoko byadindije imwe mu mihigo kari kiyemeje. Ni nyuma y’isuzuma ry’aho More...

Nyamagabe: Kumenya abinjira n’abasohoka mu midugudu bizafasha gucunga umutekano
Kumenya abinjira n’abasohoka mu midugudu, bizafasha ubuyobozi bw’ibanze kurushaho gucunga umutekano, kuko usanga abatazwi ari bo bahungabanya umutekano cyangwa se baturutse no mu tundi turere. Kuri More...

Rusizi: Abikorera baratunga agatoki akanama gashinzwe gutanga amasoko ya Leta
Abikorera bo mu karere ka Rusizi baratunga agatoki akanama gashinzwe gutanga amasoko ya Leta muri ako karere aho bavuga ko abashinzwe kuyatanga bihererana na bamwe mubayobozi bo muri ako karere bifashishije ibyangombwa More...

Huye: Umuyobozi udashaka kurara mu kagari akoreramo azasezererwa
Hashize igihe kitari gitoya abayobozi basabwa kurara mu mbago z’aho bayobora, ariko abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu Karere ka Huye ntibarabasha gukurikiza iki cyemezo uko bakabaye. Mu More...

Kuba noteri w’ubutaka bisaba kugira ubushishozi buhagije
Kuba kuba noteri w’ubutaka bisaba kugira ubushishozi buhagije, ni bumwe mu butumwa bwahawe abashinzwe ubutaka mu mirenge imwe n’imwe yo mu Rwanda, binjiye mu kazi vuba, kuri uyu wa 30/4/2015. Hari More...

Abanyarubavu bavuga ko guhagarika Jenoside bitarangiranye na Nyakanga 1994
Mu biganiro bibera mu midugudu mu karere ka Rubavu abaturage bavuga ko bashima ubutwari bw’ingabo z’u Rwanda zahagaritse Jenoside yakorewe abatutsi 1994 zikaba zikomeje n’ibikorwa byo kubafasha More...

Nyabihu: Ahari ubuyobozi bwiza hagomba kuba na Serivise nziza: ushinzwe imiyoborere myiza
Imitangire ya serivise myiza, ni kimwe mu byihutisha iterambere kandi kikaba ishingiro ry’imiyoborere myiza. Ibi bikaba bitangazwa na bamwe mu baturage,bemeza ko aho u Rwanda rumaze kugera mu iterambere,haha More...

Rwanda kicks off vehicle emission tests
The government of Rwanda has started the process of testing vehicles for emissions, a program that is expected to cut down air pollution that has been reportedly increasing over the past years. The Director of More...

Nyaruguru: Ruswa ntiracika mu nzego z’ibanze
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyaruguru baratangaza ko mu nzego zo hasi ku mudugudu n’akagari ngo hakiri ruswa, aho batunga agatoki abayobozi kubaka ruswa kuri gahunda ubusanzwe zigenerwa abaturage ku More...