
Rwamagana: Polisi yatwitse ibiyobyabwenge bitandukanye
Kuri uyu wa gatanu tariki 13/01/2012, mu karere ka Rwamagana, polisi y’igihugu yatwitse ibiyobyabwenge byiganjemo ibyakomotse mu gihugu cya Uganda byafatanwe abantu banyuranye, batanu muri bo bakaba More...

Polisi ikomeje urugamba rwo guhashya abinjiza ibiyobyabwenge mu gihugu
Polisi y’igihugu ikomeje guta muri yombi abinjiza n’abakwirakwiza ibiyobyabwenge mu Rwanda. Mu mpera z’icyumweru gishize polisi y’igihugu yataye muri yombi abantu babiri bari binjije More...

Nyaruguru: Ubuyobozi bwahagurukiye abakoresha abana bato imirimo ivunanye
Abayobozi bo mu karere ka Nyaruguru baravuga ko bumaze gutangamba ku buryo umuntu uzafatwa akoresha umwana utagejeje ku myaka 18 azajya ahanwa by’intangarugero. Abana benshi muri aka karere bakunze More...

Nyamasheke: Abacitse ku icumu bagombaga kubakirwa bose barubakiwe
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buvuga ko nubwo imibereho y’abacitse ku icumu itaraba myiza, hari intwambwe imaze guterwa mu kubafasha muri gahunda zitandukanye nk’uburezi, ubuzima, kubabonera More...

Nyaruguru: Ubuyobozi bwahagurukiye abakoresha abana bato imirimo ivunanye
Abayobozi bo mu karere ka Nyaruguru baravuga ko bumaze gutangamba ku buryo umuntu uzafatwa akoresha umwana utagejeje ku myaka 18 azajya ahanwa by’intangarugero. Abana benshi muri aka karere bakunze guta More...

Mayange: Abaturage 12 borojwe muri gahunda ya Girinka Munyarwanda
Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera Rwagaju Louis agabira inka umuturage Abaturage 12 bo mu murege wa Mayange mu Karere ka Bugesera, tariki 23/12/2011, borojwe inka muri gahunda ya Girinka mu Nyarwanda. Depite More...

Imiyoborere myiza ni umusemburo w’ubukungu n’iterambere ry’igihugu
Umukozi w’umushinga witwa “Rwanda governance for Production†wo mu kigo Rwanda Governace Board, Sandra Shenge, avuga ko abayobozi bose guhera ku nzego z’ibanze bafite uruhare mu guteza More...