
Gishamvu: Abakuru b’imidugudu bagaragaje ubudashyikirwa bahawe ishimo
Guverineri aha impano y’ishimwe umwe mubayobozi b’imidugudu Abakuru b’imidugudu bane bitwaye neza kurusha bagenzi babo bahuje umurimo, mu tugari tune tugize Umurenge wa Gishamvu, bahawe impano More...

Ngororero: Inama njyanama yashimye uburyo akarere kesheje imihigo
Perezida w’inama njyanama (hagati) ngo ntazaraga ibibazo uzamusimbura Abagize inama njyanama y’akarere ka Ngororero bavuga ko bishimiye ndetse batewe ishema n’uburyo akarere kabo kesheje imihigo More...

Rutsiro: Abayobozi Bashashe inzobe bemerera abadepite kwesa imihigo.
Abayobozi b’akarere n’abimirenge mu karere ka Rutsiro bagaragaje imbogamizi zababuzaga kwesa imihigo bemerera abadepite kuzaza mu myanya 5 uyu mwaka. Babitangaje  kuwa 25 Nzeli 2015 ubwo itsinda More...

Gicumbi – Ba Gitifu b’imirenge bahize abandi bashyikirijwe ibihembo
Imirenge yahize indi mu kwesa imihigo mu karere ka Gicumbi yahawe ibikombe by’ishimwe kuko yakoze neza mu mihigo ya 2014-2015. Ibi bikombe babishyikirijwe n’ubuyobozi bw’akarere tariki ya 21/9/2015 More...

Nyaruguru: Barasabwa guha agaciro gahunda za leta
Abayobozi bo mu nzego z’ibanze mu karere ka Nyaruguru barasabwa gaha agaciro no gushyira mu bikorwa gahunda za . Ibi byagarutsweho n’umuyobozi w’intara y’Amajyepfo Munyantwari Alphonse More...

Kirehe: Umurenge wa Musaza niwo wa mbere mu mihigo
Abenshi mu baturage b’umurenge wa Musaza baganiye na Kigalitoday bavuga uko bakiriye iyo ntsinzi. Mu mihigo 2014/2015 mu karere ka Kirehe abaturage b’umurenge wa Musaza barishimira umwanya wa mbere More...

Ngororero: Ba mudugudu 13 bahawe ibihembo by’indashyikirwa
Abakuru b’imidugudu 13 mu mirenge 13 igize akarere ka Ngororero bahawe amagare nk’ibihembo by’indashyikirwa mu kwesa imihigo ya 2014-2015. Kuwa 04 Nzeli 2015, mu muhango wo kwishimira umwanya More...

Ngororero : Ngo igenamigambi ridateguwe neza ngo niryo rituma bimwe mu bikorwa bitagera ku ntego
Ahantu nyaburanga ku mukore wa rwabugiri naho haradindiye Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngororero bavuga ko kuba hari ibikorwa cyane cyane ibikorwaremezo byubakwa n’akarere bigatwara akayabo ariko ntibigere More...

Rutsiro: Umukozi utazesa imihigo bizamugiraho ingaruka-Umuyobozi w’akarere wungirije.
Mu karere ka Rutsiro hari gusuzumwa imihigo mu mirenge yose kugirango bayihutishe kuko uturere twose twitegura kuyimurikira umukuru w’igihugu mu mezi 4 ari imbere ariko ingamba zafashwe ni uko umukozi utazesa More...

Nyamasheke: Njyanama irasaba gukoresha imbaraga zikomeye mu mezi 2
Njyanama y’akarere ka Nyamasheke irasaba ko akazi gasigaye mu kwesa imihigo kakwihutishwa kugira ngo ibikorwa byahizwe bizabashe kurangira mu gihe hasigaye amezi asaga abiri kugira ngo umwaka w’ingengo More...