
Ruhango: ababyeyi barasabwa kuba hafi y’abari ku rugerero
Intore ziyemeje gukora ibikorwa bitandukanye  Intore ziyemeje gukora ibikorwa bitandukanye Umuyobozi w’akarere ka Ruhango, Mbabazi François Xavier, arasaba ababyeyi n’abayobozi mu nzego z’ibanze More...

Gicumbi – Intore zatangiye urugerero zisana inzu y’umukecuru utishoboye
Umutahira mukuru afatanya n’intore guhoma inzu y’umuturage Mu gutangiza urugerero rw’intore mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Rubaya basannye inzu y’umukecuru utishoboye Ntawukirasongwa More...

Gakenke: Barishimira ubumenyi bungutse mu kurwanya inkongi y’umuriro
 Ubuyobozi bw’ibigo nderabuzima ndetse n’iby’amashuri yisumbuye yo mu karere ka Gakenke barishimira ubumenyi bungutse mu kurwanya no gukumira inkongi y’umuriro. Ni nyuma yo guhugurwa More...

Rulindo: abayobozi mu nzego z’ibanze ngo basanga EAC bayungukiramo byinshi
Kuri uyu wa kane tariki ya 14/5/2015,mu karere ka Rulindo hatangiye amahugurwa mu bayobozi b’inzego z’ibanze ,ku bijyanye no gusobanurira aba bayobozi imikorere y’uyu muryango nyafurika w’ibihugu More...

Rusizi: abashinzwe amatora barasabwa gusobanurira abaturage uburyo bw’amatora bukoreshwa mu Rwanda
Abagize biro jyanama ku rwego rw’imirenge yose mu karere ka Rusizi barasabwa kwegera abaturage babasobanurira uburyo bw’amatora bukoreshwa mu Rwanda n’icyo bumariye igihugu , bumwe muburyo More...

Kirehe: Urubyiruko rubona ibyiza bya EAC ku Rwanda
Abasore n’inkumi 50 bo mu Karere ka Kirehe basanga hari byinshi u Rwanda ruzageraho mu iterambere n’ubufatanye bw’ibihugu bigize Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba(EAC) Ni More...

Gakenke: Bumvaga umuryango wa EAC ari umuryango uhuriwemo n’abayobozi bonyine
Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Gakenke bavuga ko batari bazi ko umuryango uhuriwemo n’ibihugu bya Africa y’Uburasirazuba (EAC) nabo ubareba kuko bumvaga ko uhuriwemo n’abayobozi gusa Gusa More...

Rusizi: Gahunda yo kunoza ibyiciro by’ubudehe ngo ntizongera kugaragaramo amakosa ashingiye kumarangamutima
Abakozi kuva ku rwego rw’akarere, imirenge n’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere ka Rusizi bari mu mahugurwa y’iminsi 3 azabafasha guhugura abantu bazagira uruhare mu gikorwa More...

Gatsibo: intore zirasabwa kwita ku ndangagaciro yo kubahiriza igihe
Umutahira w’Intore mu karere ka Gatsibo Umfuyisoni Bernadette Abatoza b’intore bo mu karere ka Gatsibo, barasabwa kwita ku ndangagaciro yo kubahiriza igihe nk’imwe mu ndangagaciro yatuma igihugu More...

Gatsibo: Abayobozi b’ibigo by’amashuli yisumbuye bashoje amahugurwa ku gukumira ibyaha
Abayobozi b’ibigo by’amashuli yisumbuye mu mahugurwa ku gukumira ibyaha Abayobozi b’ibigo by’amashuli abanza n’ayisumbuye n’abakozi b’imirenge bashinzwe uburezi bagera More...