
Kirehe-Abagera kuri 753 barangije amasomo yabo yo kwiga gusoma kubara no kwandika
Kuri uyu wa 21 Kamena 2012 mu karere ka Kirehe hatanzwe seritifika ku bantu bagera kuri 753 bitabiriye gahunda yo kwiga gusoma kubara no kwandika aho bavuga ko ubu More...

“iyo ufasha inkeragutabara uba wifashijeâ€- Munyenwari Alphonse
Guverineri w’intara y’amajyepfo Munyenwari Alphonse Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje gufata ingamba zitandukanye zo gufasha urwego rushinzwe umutekano “inkeragutabara†guverineri More...

Gisagara: Bashimishijwe no kumenya gusoma, kwandika no kubara
Abaturage bo mu karere ka Gisagara bahawe impamyabumenyi kuri uyu wagatandatu tariki ya 26 Gicurasi z’uko barangije kwiga gusoma, kwandika no kubara baratangaza ko bashimishijwe cyane no kuba barahawe More...

Ruhango: abagore barishimira ibikorwa FPR Inkotanyi imaze kubagezeho
Abagore bagize inteko y’urugaga rw’umuryango FPR Inkotanyi baravuga ko ubu bamaze kwigeza kuri byinshi mu iterambere babikesha umuryango FPR Inkotanyi. Abagore bishimira ibikorwa bya FPR Bimwe mu bikorwa More...

Rulindo – Abaturage n’abayobozi bisibiye umukoki waciwe n’amazi
Abaturage b’umurenge wa Base mu karere ka Rulindo n’abayobozi, kuri uyu wa gatandatu tariki 19/05/2012 batangije uburyo bwo gutera ibiti by’imihati ku buryo bw’amaterasi mu mukoki waciwe More...

Nyagatare: Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge yamuritse igipimo ubumwe n’ubwiyunge bugezeho mu Rwanda
Kuri uyu wa kane tariki 17 Gicurasi 2012, Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge yasobanuriye abayobozi b’inzego z’ibanze n’abahagarariye sosiyete sivile ubushakashatsi More...

“Igihe cyo kubaka inzibutso cyararangiye, ubu tugiye kubaka amateka†Umuyobozi w’ Akarere ka Rulindo
Abatuye Akarere ka Rulindo barasabwa gutanga amakuru yose ku byabaye muri Jenoside yakorewe abatutsi, kugirango ashyirwe mu bubiko, bityo amateka y’igihugu ntazazimangane. Mu gihe iminsi 100 yo kwibuka More...

Iwawa hamugaruyemo ikizere
Jean Claude Nsengiyumva umusore w’imyaka 30 wirabura ufite igihagararo n’igikundiro. Iyo umwitegereje ubona ageze igihe cyiza cyo kuryoherwa n’ubuzima ariko iyo muvuganye akumwenyurira akubwira More...

KARONGI: Ese umwana akubajije ati ni bande bishwe? Biciwe iki? Bishwe na nde? Wamusubiza iki?
Ifoto : Umuyobozi w'umurenge wa Bwishyura, Mu Karere ka Karongi ibiganiro bigamije guhashya jenoside n’ingengabitekerezo yayo byaritabiriwe ku buryo bushimishije. Urugero nk’igiherutse More...

Kaduha: Barashimirwa kwitandukanya n’ingengabitekerezo ya Jenoside
Abaturage bo mu murenge wa Kaduha wo mu karere ka Nyamagabe barashimirwa kuba baritandukanyije n’ingengabitekerezo ya Jenoside yakunze kuvugwa muri aka gace mu myaka yashize. Ibi byatangajwe kuri uyu wa kabiri More...