
Rwanda : Ministiri w’Intebe yagejeje ku Nteko gahunda ya Guvernema yo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi
Kuri uyu wa 02/8/2012, Ministiri w’Intebe Pierre Damien Habumuremyi yatangarije Inteko ishingamategeko imiterere y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda na gahunda iteganijwe. Yemeza ko umusaruro wiyongereye More...

GISAGARA : UBUDEHE BWABAGEJEJE KU MUNEZERO
Umusaruro w’ubuhinzi, ubworozi n’ubusabane ni byo abaturage bo mu mudugudu wa Nyarunazi, Akagari ka Sabusaro mu Murenge wa Kansi, Akarere ka Gisagara bishimira ko bagejejweho na gahunda y’ubudehe. Abaturage More...

Rwanda : 50% by’abanyarwanda nibo bonyine bazaba batunzwe n’ubuhinzi muri 2020
Minisitiri w’umutungo kamere, Stanslas Kamanzi yatangaje ko leta y’u Rwanda iri gukora ku buryo abanyarwanda bazaba batunzwe n’ubuhinzi mu mwaka More...

Rwanda | Nyamasheke: Akarere kiyemeje kwikubita agashyi mu byo minisitiri w intebe yabanenze
Kuri uyu wa kane, ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke bwagiranye inama n’abashinzwe ubuhinzi mu mirenge yose, abashinzwe iterambere mu tugari bose ndetse n’abahagarariye amakoperative y’ubuhinzi More...

Nyamasheke : Ihindagurika ry’ibihe rigira ingaruka mu mibereho y’abantu.
Ihindagurika ry’ibihe (Climate change) ni kimwe mu bibazo bihangayikishije isi ndetse n’u Rwanda by’umwihariko kuko bigira ingaruka zikomeye ku mibereho y’abantu. Mu mahugurwa yagenewe More...

Rutsiro: Senat yasuye ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi mu turere twa Rutsiro na Karongi
Bamwe mu basenateri bagize komisiyo y’ubukungu n’iterambere ry’umuryango, bari muri gahunda yo gusura ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi mu turere twa Rutsiro na Karongi. Ikigaragara More...

Isomo ryo kwihangira umurimo ryagombye kwigishwa abanyeshuri bakarangiza biteguye kwiteza imbere aho gusaba akazi .Guverineri KABAHIZI Celestin
Kuri uyu wa 11 mutarama2012 nibwo Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangije ku mugaragaro igikorwa cya Hanga umurimo mu Ntara y’Iburengerazuba. Iyi gahunda ikaba igamije gushishikariza Abanyarwanda More...