
Rwanda : EAC n’imishinga iyikoreramo bigiye kugendera ku mihigo
U Rwanda rusanzwe ruzwi gukorera ku mihingo no guhigura ku nzego zose, ariko umuryango wa EAC hamwe n’imishinga iwukoreramo nabyo bigiye kugendera kuri iyi gahunda. Taliki ya 16 Nyakanga 2012 nibwo umunyamabanga More...

Rwanda | Kigeme: Uko impunzi ziyongera ngo niko umutekano uzarushaho gucungwa.
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamagabe buratangaza ko kuba impunzi zitiruka muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje kwiyongera mu nkambi nya Kigeme ntacyo bizahungabanya ku mutekano wazo n’uw’abaturage More...

Gahunda ya JADF yagabanyije akavuyo mu mikorere y’imiryango itegamiye kuri Leta
 JADF (Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere) ifasha ubuyobozi kumenya icyo buri muryango utegamiye kuri leta ukorera mu karere ukora n’abagenerwabikorwa bakamenyekana ku buryo nta miryango More...

Gatsibo batangiye kumurika imihigo ya 2011-2012
Zimwe mu ntumwa za Minisiteri zisuzuma imihigo Ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo bwatangiye kumurika imihigo ya 2011-2012 bwasinyanye na perezida wa repubulika More...

Karongi: Abasigajwe inyuma n’amateka barishimira ko ubuyobozi bwabazamuye
“Kagame Paul, urashoboye, urasobanutse, ntituzagutererana mu guteza imbere igihugu cyacuâ€. Aya ni amagambo y’intore z’Intisukirwa z’abasigajwe inyuma n’amateka bo mu kagari More...

Kwibuka ku rwego rw’umurenge bifasha abaturage kwibuka umwihariko w’itariki jenoside yakoreweho ku musozi wa bo
Kuba uyu mwaka harabayeho gahunda yo kwibuka ku rwego rwa buri murenge, ni kimwe mu bifasha abaturage kwibuka neza amatariki y’umwihariko jenoside yabereyeho ku misozi ya bo. Kuri uyu wa gatanu tariki ya More...

NURC irasaba uturere kwigira ku gipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge
Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge(NURC) iri mu gikorwa cyo kumenyekanisha ubushakashatsi ku gipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge mu turere, igasaba ko ubuyobozi bw’ibanze buhuza ubwo bushakashatsi More...

Nyanza: Imirimo y’inyubako z’utugali irakataje
Imirimo yo kubaka ibiro by’utugali mu mirenge inyuranye igize akarere ka Nyanza irakataje, kugira ngo barebe ko mbere y’uko ukwezi kwa Kamena 2012 kugera aka karere kuzabe kabyujuje. Ibiro by’akagali More...

EAC: Hari ibihugu bitarabasha gushyira muri gahunda ibisabwa
Leta y’u Rwanda ihangayikishijwe n’uko n’ubwo inzira zo guhuza ubuyobozi mu bihugu bigize akarere k’Afurika y’Iburasirazuba, hari ibihugu bikigenera ku nyungu zabyo gusa, nk’uko More...

Rwanda | Gakenke : Inkeragutabara zibukijwe gukumira ibyaha byahubangabanya umutekano
Abasirikare bahoze ku rugerero bazwi nk’ « inkegutabara » bibukijwe gukumira ibyaha bishobora guhungabanya umutekano batanga amakuru ku gihe. Ibyo byagarutsweho mu nama, inkeragutabara zagiranye More...