
Rwanda : Intara y’Amajyepfo: Mu guhiga amahegitari azahingwa, hajye hahigwa n’amatoni azezwa
Iki ni icyifuzo cy’umwe mu bafatanyabikorwa bari mu nama mpuzabikorwa y’Intara y’amajyepfo ejo tariki ya 5 Kamena, inama yateraniye mu cyumba cy’inama cya Hoteli Credo. Hari nyuma yo More...

Rutsiro: Senat yasuye ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi mu turere twa Rutsiro na Karongi
Bamwe mu basenateri bagize komisiyo y’ubukungu n’iterambere ry’umuryango, bari muri gahunda yo gusura ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi mu turere twa Rutsiro na Karongi. Ikigaragara More...

Isomo ryo kwihangira umurimo ryagombye kwigishwa abanyeshuri bakarangiza biteguye kwiteza imbere aho gusaba akazi .Guverineri KABAHIZI Celestin
Kuri uyu wa 11 mutarama2012 nibwo Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangije ku mugaragaro igikorwa cya Hanga umurimo mu Ntara y’Iburengerazuba. Iyi gahunda ikaba igamije gushishikariza Abanyarwanda More...