
Har’ibizitabwaho na Guverinoma mu mezi atatu ari imbere mu rwego rwo kurushaho guteza imbere u Rwanda
Mu mezi 3 ari imbere guverinoma izibanda ku bikorwa bisubiza ibibazo by’abaturage birimo kurushaho kubegereza umuriro w’amashanyarazi mu byaro. Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’intebe More...

Karama: Abaturage bamurikiwe ibikorwa by’amashanyarazi
Muri gahunda ya Leta yo kugeza ibikorwaremezo ku baturage kugira ngo iterambere ryihute mu bice by’icyaro, kuri uyu wagatatu tariki 21 Werurwe 2012, abaturage bo mu Karere ka Nyagatare mu  Murenge wa More...

Polisi irasaba abaturage kwitondera buji kuko zishobora guteza inkongi y’umuriro
Polisi y’u Rwanda irasaba abaturage kwitondera ikoreshwa rya buji, kuzimya amatabi n’ibindi byose bakoresha mu gucana bareba niba babizimije neza kuko bishobora gutera impanuka y’umuriro, kandi More...