
Rwanda : Ubuyobozi bw’akarere ka Musanze bwasabwe kugaragaza aho batabashije guhigura
Nyuma y’uko akarere ka Musanze kaje ku mwanya wa 23 mu kwesa imihigo y’umwaka 2011-2012, abayobozi b’inzego z’ibanze bagaragaje kutishimira umwanya akarere kabo kabonye, banasaba ubuyobozi More...

Nyamasheke: Umurenge wa cyato wongeye kwegukana igikombe cy’imihigo mu karere
Ku itariki ya 5/6/2012, mu cyumba cy’inama cy’akarere ka Nyamasheke hatangarijwe ku mugaragaro uko imirenge yarushanijwe mu mihigo y’umwaka ushize, hanahembwa imirenge yaje ku isonga mu kwesa More...

Imihigo igomba gusubiza ibibazo bihari aho kuyishyira mu bikorwa kugira ngo mubone amanota- Ntanyoma
Mu gihe habuze iminsi mikeya ngo hasuzumwe imihigo y’umwaka wa 2011-2012 ndetse hamurikwa imihigo ya 2012-2013, abayobozi b’inzego z’ibanze bo mu karere ka Gakenke bibukijwe ko imihigo More...

Isoko rinini ry’ikawa y’u Rwanda ryatumye umusaruro wiyongera
Isoko rinini ry’icyayi cy’u Rwanda ku isoko mpuzamahanga ndetse n’igiciro cyazamutse byatumye abahinzi bongera umusaruro w’ikawa ku kigero cya 25.7% mu mezi atatu ya mbere y’uyu More...

Ruhango : abayobozi barasabwa kurangwa n imikoranire myiza
       Abayobozi bakata gatau Tariki ya 25 Gashyantare 2012 ku biro by’Akarere ka Ruhango habaye ubusabane bwo kwifurizanya umwaka mushya hagati y’Abayobozi n’Abakozi More...

Gakenke igeze kuri 85 % ihigura imihigo y’uyu mwaka
Mu gihe imihigo y’uyu mwaka wa 2011-2012 izarangira mu kwezi kwa Gatandatu, akarere ka Gakenke kemeza ko kamaze kugera kuri 85% kesa imihigo kahize imbere ya Perezida wa Repubulika. Bwana Deogratias More...

Rwanda : Bamaze iminsi ibiri biga ku buryo ingengo y imari izakoreshwa mu mwaka wa 2012-2013
Abanyamabanga nshingwabikorwa b’uturere tugize Intara y’Uburengerazuba, umuyobozi ushinzwe igenamigambi mu karere, ushinzwe ubworozi ndetse n’ushinzwe ubuhinzi muri buri karere mu tugize Intara More...