
Rwanda | Nyamasheke: Abayobozi batandukanye bahuguwe ku ishyirwaho ry’ihuriro ry’abana.
Kuri uyu wa 3/8/2012, abayobozi batandukanye barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge, abashinzwe imibereho myiza y’abaturage mu mirenge, abahagarariye inama y’igihugu y’abagore More...

Gisagara: Abarezi bo barasabwa kwita ku marerero (ecds)
Abahagarariye uburezi ku rwego rw’umurenge, abayobozi b’ibigo by’amashuri n’abarezi barasabwa kwita ku marerero bakareka kuyitiranya n’amashuri y’incuke. Mu mahugurwa More...

Jenoside yabaye nkiri muto ariko ndifuza kumenya uko byagenze – Uwase Judith wacitse ku icumu rya jenoside
Uwase Judith ni umwana w’umukobwa ufite imyaka 19 y’amavuko. Aba mu murenge wa Bwishura, akarere ka Karongi ahahoze ari muri komine Gitesi. Ubwo jenoside yabaga, Uwase yari afite imyaka 2 gusa. Uwase More...

Huye: Barasabwa kubyara abo bazabasha guha ibyo bakeneye
Umuyobozi wa polisi mu Ntara y’amajyepfo yabwiye abaturage bo mu mujyi wa Huye bari bateraniye kuri sitade Kamena ku munsi w’intwari, tariki 01/02/2012, ko nta wemerewe kubyara umwana atazashobora More...

Guha abana amata, gahunda yahagurukiwe hagamijwe kurwanya imirire mibi
Mu Karere ka Huye, gahunda yo guha abana amata yatangirijwe mu Murenge wa Rusatira kuri uyu wa 28 Mutarama. Iyi gahunda kandi yahuriranye n’igikorwa cy’umuganda cyabereye mu Kagari ka Buhimba, umudugudu More...