
Rwanda | Huye: Abafatanyabikorwa barasabwa kugira uruhare mu mihigo ya 2012-2013
Mu nama rusange y’ihuriro ry’abafatanyabikorwa bo mu Karere ka Huye yabaye ku itariki ya 21 Kanama,2012, umuyobozi w’aka Karere yamurikiye abafatanyabikorwa imihigo yagezweho mu mwaka wa 2011-2012, More...

Nyamagabe: Abaturage barakangurirwa kugira uruhare mu bikorwa by’iterambere.
Abitabiriye inama bateze amatwi umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe. Ihuriro ry’imiryango itari iya leta rikorera mu karere ka Nyamagabe rirakangurira abaturage bo muri aka karere kugira uruhare More...

Gatsibo: sosiyete sivile yahuguwe ku kamaro k’amatora
Mu gihe abakorana na societe civil mu karere ka Gatsibo bavuga ko bari basanzwe bahangana na komisiyo y’amatora mu gihe cy’amatora, ubu ngo basobanukiwe n’uruhare rwabo mu migendekere myiza More...

Rwanda : Nyamasheke: Sosiyete sivile irasabwa uruhare mu migendekere myiza y’amatora
Kuri uyu wa kane tariki ya 07/06/2012, abagize sosiyete sivile mu karere ka Nyamasheke bahawe amahugurwa na komisiyo y’amatora, bakaba bigishwaga ku ruhare rwabo mu migendekere myiza y’amatora. Umuyobozi More...

Ntituzakomeza kwihanganira abicanye muri Jenoside, nibahinduke tujyane mu iterambere-Guverineri Uwamariya
Guverineri Uwamariya Odetta uyobora Intara y’Iburasirazuba arahamagarira abantu bahemukiye igihugu bakagira uruhare mu kugisenya no kwica benshi mu bari kucyubaka guhindukira bagakora batizigamye mu kongera More...

Umubare w’abagore binjira mu gipolisi uracyari muto
Mu gihe abapolisi kazi bakomeje gutanga umusaruro ugaragara mu kazi kabo ko gukumira ndetse no kugenza ibyaha, umubare w’ abinjira muri aka kazi uracyari hasi ugereranyije n’ukenewe. Igipolisi cy’ More...

U Rwanda rwiteguye kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’amazi
Nk’uko bitangazwa n’Umuyobozi Mukuru Wungirije ukuriye Ishami rishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi mu Kigo Gishinzwe Umutungo kamere mu Rwanda, Kabalisa Vincent de Paul uyu munsi ufite insanganyamatsiko More...

MUSANZE: Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) yatangiye gukangurira Urubyiruko amatora y’umwaka utaha
Ku itariki 7 werurwe Komisiyo y’igihugu y’amatora yagiriye mu turere dutandukanye tw’Intara y’Amajyaruguru ibiganiro nyunguranabumenyi n’urubyiruko rutandukanye rwiga More...

Ibikorwa remezo by’amazi byafatwa neza mu gihe abaturage basobanukiwe n’akamaro kabyo
Bamwe mu bashinzwe imibereho myiza mu karere ka Musanze baratangaza ko impamvu abaturage batita ku bikorwa remezo by’amazi biterwa n’uko baba batarabigizemo uruhare cyangwa ngo basobanurirwe akamaro More...

Perezida Kagame yambitswe imidari y’ishimwe na leta ya Uganda
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yambitswe imidari y’ishimwe na perezida Museveni wa Uganda kuri uyu wakane kubera ko afatwa nk’umuntu wagize uruhare rukomeye mu ibohozwa rya Uganda More...