
Kayonza: Abagize komite z’urubyiruko mu mirenge ntibumva impamvu leta ibuza abaturage gucuruza inzoga zifatwa nk’ibiyobyabwenge
Bamwe mu bagize komite z’urubyiruko ku rwego rw’imirenge igize akarere ka Kayonza bavuga ko batumva impamvu leta y’u Rwanda ibuza abaturage bayo gucuruza inzoga ya Kanyanga ifatwa nk’ikiyobyabwenge More...

Rwanda | Ibarura rusange rizarangira muri Kanama 2012 rizafasha igihugu mu iterambere
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare kiratangaza ko ku itariki ya 16 Kanama 2012 kizatangira gukora ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire mu Rwanda. Iri barura rikaba rizafasha igihugu More...

isomo Bakuye i Ntarama rizatuma bakumira Jenoside n’ingengabitekerezo yayo
Basobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi Abakozi ba komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta mu Rwanda baratangaza ko nyuma yo kwigira kuri mateka ya Jenoside ari ku rwibutso rw’i Ntarama bahakuye isomo More...

Nyabihu: Urusengero rutarokokeyemo n’umututsi n’umwe nirwo rwashoreshwemo icyumweru cy’icyunamo
Isozwa ry’icyumweru cy’icyunamo mu karere ka Nyabihu ryabereye mu Murenge wa Mukamira mu kagari ka Rugeshi mu mudugudu wa Hesha mu rusengero rwiciwemo inzirakarengane nyinshi zazize Jenoside yakorewe More...

Burera: Urubyiruko rwiyemeje gukoresha imbaraga zarwo rwubaka u Rwanda
Urubyiruko rwo mu karere ka Burera ruratangaza ko imbaraga zarwo ruzazikoresha rwubaka igihugu cy’u Rwanda rurwanya Jenoside n’ingengabitekerezo yayo. tariki ya 12/04/2012 ubwo urubyiruko rwo mu More...

NSR | umuyobozi w akarere ka nyanza akomeje gusura imirenge igize ako karere.
Mu murenge wa Busoro bakiriye umuyobozi w’akarere ka Nyanza, Murenzi Abdallah ku itariki ya 21/02/2012. Nk’uko Jean Pierre Nkundiye umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge More...