
Huye: Umuyobozi udashaka kurara mu kagari akoreramo azasezererwa
Hashize igihe kitari gitoya abayobozi basabwa kurara mu mbago z’aho bayobora, ariko abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu Karere ka Huye ntibarabasha gukurikiza iki cyemezo uko bakabaye. Mu More...

Cyanika: Ba Gitifu b’utugari barasabwa kurara mu tugari bakorera mo
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyanika, mu karere ka Burera, asaba abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari tugize uwo murenge kuba ndetse bakarara mu tugari bakoreramo kugira ngo abaturage More...