Subscribe by rss
    Wednesday 20 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Wed, Jul 11th, 2012
    Ubuvugizi | By claudine

    Rwanda | Kayonza: Gushaka ibikoresho by’ikigo cy’urubyiruko bishobora kuzatuma gitinda gutangira imirimo ya cyo

    m_Kayonza Gushaka ibikoresho by’ikigo cy’urubyiruko bishobora kuzatuma gitinda gutangira imirimo ya cyo

    Gutangiza serivisi zizatangirwa mu kigo cy’urubyiruko cya Kayonza bishobora kuzatinda kubera ko hagikenewe amafaranga menshi yo kugura ibikoresho bizakoreshwa muri icyo kigo. Ubuyobozi bw’akarere ka Kayonza buvuga ko hakenewe nibura miliyoni 60 z’amafaranga y’u Rwanda azagura ibikoresho by’icyo kigo.

    Gusa kugeza ubu ngo nta hantu ako karere gateganya gukura ayo mafaranga mu gihe cya vuba nk’uko byatangajwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Kayonza mu nteko isanzwe y’inama njyanama yabaye mu mpera z’ukwezi gushize kwa gatandatu.

    Ubuyobozi bw’ako karere bwatangaje ko nta mafaranga yateganyijwe mu ngengo y’imari y’ako karere mu mwaka wa 2012/2013 ku buryo yakoreshwa mu gusoza imirimo yo kubaka ikigo cy’urubyiruko mu karere ka Kayonza. Ubwo buyobozi bwaboneyeho gusaba buri wese uzi aho amafaranga yava gufasha akarere kugira ngo haboneke abaterankunga kugira ngo icyo kigo gitangire vuba.

    Uretse kuba icyo kigo kizafasha benshi mu rubyiruko rw’i Kayonza rwasaga n’urwaheze mu bwigunge ku bijyanye no kwidagadura, biteganyijwe ko icyo kigo kizajya cyigishirizwamo ibintu bitandukanye birimo ubuzima bw’imyororokere no kwihangira imirimo.

    Benshi mu rubyiruko bavuga ko bateze byinshi kuri icyo kigo, bakavuga ko bizaba uburyo bwiza buzatuma urubyiruko rw’i Kayonza ruhura n’uruturutse ahandi mu gihugu, ahanini bahujwe n’mikino cyangwa ibindi bitaramo bizajya bibera muri icyo kigo.

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame says Global Challenges call for ‘UN Reform’

    Pope Francis Gift Symbolises ‘Dark to Success Journey’- Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Rwanda Bypasses Uganda for its own Standard Gauge Railway Line
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED