Subscribe by rss
    Sunday 08 December, 2019
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Sun, Feb 26th, 2012
    featured1 / Ubuvugizi | By claudine

    Rwanda : Haracyakenewe ubuvugizi mu izamurwa ry’abagore

    Abari n’abategarugori bafite imyanya itandukanye bagenewe mu buyobozi ndetse no mu nzego zifata ibyemezo ariko hari aho babona hakirimo ibyuho hakenewe ubuvugizi.

    Haracyakenewe ubuvugizi

    Inama ku burenganzira bw’umugore

    Byagaragaye ko abagore nabo bashoboye koko aho benshi bagenda bagaragara mu nzego zitandukanye nk’ingabo na polisi, benshi bagize uruhare mu ibohorwa ryigihugu, abandi baroherezwa mu butumwa bw’amaho nko muri Sudan, Haiti n’ahandi.

    Si ibi gusa kandi kuko kuri ubu 30% mu bunzi ni abagore, abandi 30% bagomba kuba mu nzego zifata ibyemezo, bivuga koko rero biboneka ko nabo bafite ubushobozi n’ubwenge bwageza kuri byinshi mu iterambere ry’iki gihugu.

    Nk’uko Madamu Niragire Bellancille uhagarariye isangano mboneza muco muri MIJEPROF abivuga hari aho bakiri hasi cyane hakeneye ubuvugizi kugira ngo nabo bongererwe amahirwe n’icyizere.

    Aha yatanze urugero nko ku miyoborere y’intara aho usanga mu ntara 4 n’umujyi wa Kigari wa 5 hayobora abagabo 4 n’umugore 1, bihwanye na 20% abagabo bahabwa 80% akavuga ko byibura n’abagore bagakwiye kuzamurwa bakagezwa byibura kuri 40%.

    Mu rwego rwo kuzamurwa kandi yavuze ko abagore byagaragaye ko bari hasi cyane mu bukungu muri iki gihugu, akaba avuga ko byakabaye byiza abagore bashyiriweho gahunda zihariye zo guhugurwa ku bijyanye no guhanga imirimo no gukora imishinga byaba byiza.

    Ibyo aro kandi bikajyana no kuvuganirwa no koroherezwa mu kubona inguzanyo mu bigo by’imari bishobora kubafasha cyane ko hasigaye hariho abagore bagaragaza ko bafite ubushake n’ubushobozi bwo gukora ariko bakabura igishoro.

     

    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Uganda: What is Behind SoftPower Anti-Rwanda Propaganda?

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED